Skip to main content Skip to page footer
Urubuga rwemewe rwa Leta y’u Rwanda

Imiyoborere myiza n'Ubutabera

Gukurikirana no kugira inama Uturere mu ishyirwa mu bikorwa rya gahunda z' imibereho myiza

 

IMIYOBOREREMYIZA N'UBUTABERA

Gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry'ibikorwa bikurikira mu Turere:

  • Gukangurira abaturage kwitabira gahunda za Leta (amatora, Umuganda, Itorero, iminsi mikuru ngarukamwaka, icyunamo cyo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi, kugira isuku, n’ibindi).
  • Gukangurira abaturage kugira ishema ryo gukunda Igihugu babungabunga umutekano w’abantu n’ibintu byabo.
  • Gukemura ibibazo by’abaturage binyuze mu Nteko y’abaturage, Komite Mpuzabikorwa y’Akarere, Inama zicyemura ibibazo buri ku wa gatatu, Abunzi no kurangiza imanza zaciwe n’inkiko.